Mutesi Jolly, Knowless, Sherrie Silver na Clapton Kibonge mu bahataniye ibihembo muri Zikomo Africa & Caribbean Awards 2026
Abanyarwanda barimo umuhanzikazi Butera Knowless, Mutesi Jolly, Sherrie Silver na Clapton Kibonge bashyizwe mu bahataniye ibihembo bya Zikomo Africa & Caribbean bizatangirwa i Dar es Salaam muri Tanzania tariki 9 Ukuboza 2026. Butera Knowless…
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo mu butumwa bw’amahoro zashimiwe
Umuyobozi ushinzwe Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) igice cy’Amajyepfo, Brigadier General Shishir Bhardwag, yashimye Ingabo z’u Rwanda zigize Batayo ya RWANBATT-3, ziri muri ubu butumwa kubera…
Finland: Umunyamideli Olivia yapfuye nyuma yo guterwa ikinya kugira ngo hanozwe ubwiza bwe
Umunyamideli akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga wo muri Finland, Olivia Oras, yapfuye afite imyaka 27 nyuma yo gutakaza ubwenge amaze guterwa ikinya mu ivuriro ryigenga ryo mu murwa mukuru Helsinki. Oras yapfuye ku wa 3 Nzeri 2026, nk’uko ababyeyi…
Range Rover ya mbere ikoresha amashanyarazi izagura arenga Miliyoni 294 Frw
Imodoka ya mbere ya Range Rover ikoresha amashanyarazi yatangijwe na Jaguar Land Rover izaba ihagaze ku giciro cyo gutangiriraho cya £154,070, ni ukuvuga hafi $208,420 [294,455,000 Frw]. Iki giciro gituma iba mu modoka zikoresha amashanyarazi zihenze…
Robots 30 zigaragambije kubera impungenge z’uko AI ishobora gusimbura abantu mu kazi
Mu buryo budasanzwe bwatangaje benshi, robots zigera kuri 30 zifite isura n’imikorere bisa n’iby’abantu birimo amaguru, n’amaboko, zakoze imyigaragambyo mu mujyi wa Warsaw muri Poland, zisaba ko hashyirwaho amategeko akakaye agenga ikoreshwa ry’ubwenge…






